Hashize iminsi hibazwa byinshii cyanee bijyanye nuko abakoze ibizamini by’akazi muri REB bazahabwa akazi ndetse n’inota fatizo rizashingirwaho mukuzagahabwa.
Ibi byibazwa naburi mukandida wese wakoze ikizamini kumyanya y’akazi ko muburezi kamaze iminsi Gakorerwa ibizamini nabatari bake kw’isoko ry’umurimo hano mu Rwanda.
None kuwa , 25/10/2021 , nibwo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi (REB) cyavuze ko mu munsi micye cyane haraba hamenyekanye uko igikorwa cyo gushyira abakozi mu myanya y’Akazi ko muburezi kizagenda!
Ibi REB yabivuze aho yasubizaga Ubutumwa bwo kurukuta rwa Tweeter bw’umwe mubari kwibaza byinshii cyane kubijyanye n’iyi gahunda , nyuma y’ikorwa ry’ibizamini ryari rimaze iminsi riba.
