Kigali: Ku munsi wa mbere wa Guma mu Rugo abaturage barafashwa gukora ingendo
Polisi y’Igihugu na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu baratangaza ko ku munsi wa mbere wa Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kigali abifuza gukora...
COVID : U Rwanda rwatumije ibihumbi 18 by’umuti ugabanya ubukana uzaza ejo
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije aratangaza ko u Rwanda rwatumije ibihumbi 18 by’umuti ugabanya ubukana bwa COVID-19 uzagera mu Rwanda ku wa...
Kamonyi: Batanu bakurikiranyweho gutema ijosi umuturage
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abagabo batanu bakurikiranyweho gutema ijosi umuturage wo mudugudu wa Kabagogo, Akagari ka Marembo, Umurenge...
Umujyi wa Kigali washyizwe muri Guma mu Rugo
Inama y’Abaminisitiri yafashe umwanzuro wo gushyira Umujyi wa Kigali muri gahunda ya Guma mu Rugo ndetse abanyarwanda bose basabwa kugabanya ingendo bakoraga,...
Rwanda:Bikingiranye mu gipangu cy’abakire bahahindura akabari, Polisi ije banga gukingura
*Nyiri uru rugo ati “Bari baje kumfasha ikiriyo”, CP Kabera ati “Uyu mugabo arabeshya”
Kigali:Impanuka ikomeye yahitanye abantu(Amafoto)
Kaneza Triphine wari umugore wa Pasiteri Sindayigaya Théophile wagize uruhare mu iyubakwa rya...
Dr Thomas Kigabo wari ushinzwe ubukungu muri BNR yitabye Imana
Dr Thomas Kigabo Rusuhuzwa wari impuguke mu by’ubukungu ndetse akaba yari n’Umuyobozi Mukuru ushinzwe ubukungu muri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR)...
Itangazamakuru ryashyize hanze ukuri kwihishe inyuma y’ibivugwa byose ku rukingo rwa Coronavirus
Nk'uko ikinyamakuru mpuzamahanga BBC kibitangaza ishami rishinzwe kugenzura ukuri ryagize icyo rivuga ku bihuha bikwirakwizwa ku nkingo za Covid-19 birimo...
Ibiteye ubwoba ku bisasu kirimbuzi bishya bya Koreya ya Ruguru byarimbura Amerika n’Uburayi
Mu mpera z’umwaka ushoize, Koreya ya ruguru yerekanye missile ya rutura yambukiranya imigabane y’ubunini burenze ubw’izindi zose...
Abarimu ibihumbi 11 batize uburezi ntibakore n’ibizamini by’akazi bashyizwe mu myanya bahabwa n’amasezerano y’umwaka...
Amakuru dukesha IGIHE avuga ko Minisiteri y'Uburezi yatangaje ko abarimu bagera ku bihumbi 11 bashyizwe mu myanya badakoze ibizamini by’akazi ndetse batarize...