Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) rigiye kugira icyicaro i Kigali.
Guverinoma y’u Rwanda yemereye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) kugira icyicaro mu gihugu muri gahunda iri Shyirahamwe ryashyizeho ryo kongera amashami...
Muri Tanzania umugabo arashaka ko hapimwa DNA ngo yerekane ko ari se wa Kagere...
Vedasto Katologi wemeza ko ari se wa rutahizamu w’Amavubi na Simba SC yo muri Tanzania, Kagere Meddie, yasabye ko hakorwa ibizamini bya...
Messi yavuze igihe azafatira umwanzuro ku hazaza he, n’amakipe abiri adashobora gukinira
Kapiteni wa FC Barcelona, Lionel Messi, yahishuye ko azafata umwanzuro ku hazaza he muri FC Barcelona mu mpeshyi y’umwaka utaha, mu gihe...
Umukobwa w’uburanga butangaje yatwaye umutima Neymar Jr.
Rutahizamu Neymar Jr w’ikipe ya PSG mu Bufaransa ari kuvugwa mu rukundo n’umukobwa witwa Melodie Penalver ufite uburanga budasanzwe ndetse ukurikirwa na...
Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta yahawe umukoro utoroshye
Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta uri gutsindwa umusubirizo yamaze kubwirwa ko ibyo ari gukora bidashimishije na gato bityo agomba gutsinda imikino 3 iri...
AS Kigali yatsinze KCCA idakandagiye mu kibuga
Umukino ubanza w’ijonjora rya kabiri rya CAF Confederation Cup wari guhuza AS Kigali na KCCA FC yo muri Uganda ntukibaye kuri uyu...
FERWAFA yafatiye Rayon Sports ibihano bikarishye
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafatiye ibihano amakipe arimo Rayon Sports, Bugesera FC na AS Muhanga nyuma yo kurenga ku mabwiriza...
Ibipimo bishya byemeje ko abakinnyi 8 ba Rayon Sports banduye Covid-19
Nyuma y’ibipimo byafashwe abantu 9 ba Rayon Sports barimo abakinnyi 7,habonetse abakinnyi 8 b’iyi kipe bafite ubwandu bwa Covid-19 nyuma y’abandi 4...
Umukunzi wa Cristiano Ronaldo,Georgina Rodriguez akomeje gushimangira ko yitozanyije bihagije n’uyu mukinnyi kizigena babana
Umukunzi wa Cristiano Ronaldo,Georgina Rodriguez akomeje gushimangira ko yitozanyije bihagije n’uyu mukinnyi kizigena babana kuko yashyize hanze amashusho agaragaza ko arambutse cyane...
Mario Balotelli yavuze amagambo akomeye nyuma yuko imodoka ye yangijwe n’umuntu atazi.
Mu butumwa yashyize hanze,Mario Balotelli yabwiye uwangije iyi modoka ye ati “Gicucu cy’ikigwari,senga Imana sinzagufate.”
Balotelli yahise ashyira hanze...