Nyuma yo kwaka Sugira Ernest ko yamutera inda, Noella yabwiye itangazamakuru amagambo ashimangira ibyo...
Umukobwa w'umuhanzi kazi uzwi mu ndirimbo gakondo, yasabye Rutahizamu w'Amavubi Sugira Ernest ko yamutera inda ubwo yaramaze gutsinda igitego cyatumye ikipe y'Amavubi...
Umukobwa yasaze nyuma yo kwanga gushyingiranwa n’umugabo wamurihiye amashuri
Umukobwa wari umaze iminsi mike arangije kaminuza bivugwa ko ari uwo muri RDC yagize ubumuga bwo mu mutwe nyuma yo kwanga gushyingiranwa...
Urubyiruko rwo mu mashuri makuru na kaminuza rwahawe udukingirizo ibihumbi 27
Umuryango w’urubyiruko utegamiye kuri Leta wiganjemo urwiga ibijyanye n’Ubuzima muri Kaminuza y’u Rwanda, Community Health Boosters, watanze udukingirizo ibihumbi 27 ku banyeshuri...
USA: Imbwa yarazwe imitungo ya miliyoni 5$
Biratangaje! Mu gihe ubu umubyeyi afite uburenganzira bwo kuraga umwana wamwitwayeho neza cyangwa mu gihe imyitwarire ye itamunyuze akaba atamuha n’akangana urwara...
Umugore yahisemo kwikorana ubukwe nyuma y’aho umukunzi we amuhemukiye ku munota wa nyuma
Umunyamerikakazi w’imyaka 35 yahisemo kwikorana ubukwe mu birori bidasanzwe yakoreye imbere y’umuryango we nyuma yo guhemukirwa n’umusore bari kuzabana habura amezi 4...
Sugira Ernest yavuze ku mukobwa wamusabye kumutera inda
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ na Rayon Sports, Sugira Ernest, yabajijwe icyo atekereza ku mukobwa wamusabye kumutera inda kubera ibyishimo yatewe n’intsinzi yahesheje...
Burundi:Abasore n’inkumi, abagabo n’abagore bagendana mu ijoro nta sano bafitanye bafatiwe ingamba
Umuyobozi wa Komini ya Gishubi mu Ntara ya Gitega mu Burundi, Nduwayezu Marie Chantal yafatiye ingamba abasore n’inkumi, abagabo n’abagore bagendana mu...
Mu Misiri habonetse imibiri ifite indimi za zahabu
Itsinda ry’abashakashatsi biga ku mateka n’inkomoko by’abantu ba kera mu Misiri, bavumbuye imibiri y’abantu imaze imyaka hafi 2000, ifite indimi zikozwe muri...
Umubikira yirekuye abyinira ku karubanda indirimbo ya Timaya benshi bacika ururondogoro
Abantu benshi bacitse ururondogoro kubera amashusho yagiye hanze y’umubikira wagaragaye ari kubyinira indirimbo ya Timaya yitwa I Concur mu kirori yari yatumiwemo...
The Ben yateye umutoma urenze Pamella bivugwa ko bari mu rukundo ku isabukuru ye
Urukundo rweruye rwa The Ben na Uwicyeza Pamella rukomeje gukura kuko ku munsi w’isabukuru y’uyu mukobwa uyu muhanzi ukunzwe na benshi mu...