SANGIZA ABANDI IYI NKURU
Umugi wa Kigali wasohoye urutonde rw’ibihano bikarishye bizagenerwa abatubahiriza amabwiriza yo kwirinda coronavirusi.
Muri byo harimo amande azacibwa abantu ndetse no kuba ba nyiribikorwa babihagarikirwa.
Abatambaye agapfukamunwa cyangwa abakambaye nabi bazajya bacibwa amande ya 10 000 mu gihe abatashyize intera hagati y’umuntu n’undi nabo ari 10 000Rwf.
Abahanwa kandi barimo abatubahiriza gukoresha umubare muto w’abakozi bakenewe gusa.
Dore urutonde rw’ibihano






SANGIZA ABANDI IYI NKURU