Trending Now
AMAKURU MASHYA
Utuntu n'utundi
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagaragaye yikoreye umufuka w’ibiribwa abishyiriye...
Ubwo u Burundi bwizihizaga umusi mukuru wahariwe gushigikirana mu Burundi kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Nyakanga 2020, Umuryango w’umukuru w’igihugu...
UBUZIMA
Sorenson wari umuyobozi wa Marriott International ku Isi yitabye Imana
Arne Sorenson wari umuyobozi mukuru wa Marriott International, ikigo kibumbatiyemo ibindi birimo Marriot hotel, yitabye Imana azize kanseri y’urwagashya.
INKURU ZIKUNZWE
Umushahara w’abasirikare wazamuweho 75% n’uw’abarimu uzamurwa 20%
Dr Frank Habineza, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba na Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party,...
Bwa mbere ku isi urukingo rwa Coronavirusi rwatangiye gutangwa haherwa ku barimu n’abaganga
Perezida w'u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko urukingo rwa Covid-19 rwakozwe n'igihugu cye rwatangiye gutangwa Kandi ko umwe mu bakobwa be yaruhawe.
UN yasabye ibihugu by’Afurika byose gufungura amashuri
Ibi byatangajwe n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS) ndetse n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana (UNICEF) aho bavugaga ko gufunga amashuri...
Ibisabwa kugira ngo umuturage yemererwe guhinga urumogi ruzakoreshwa mu buvuzi
Inama y’Abaminisitiri ku wa Mbere tariki 12 Ukwakira 2020, yemeje amabwiriza yerekeye ihingwa, itunganywa n’iyohereza mu mahanga ry’ibimera byifashishwa mu buvuzi, birimo...
MINEDUC yijeje abarimu ko igiye kubashyiriraho isoko ryihariye rizaba rihendutse
Minisiteri y’Uburezi n’Ikigo gishinzwe Uburezi (REB) byagaragaje ko hari ibyifuzo bitandukanye abarimu bagiye batanga ngo imibereho yabo igende neza, bikiri kwigwaho birimo...
IMIKINO
Amakipe yageze muri 1/2 mu mikino ya playoff mu kiciro cya kabiri yamenyekanye
Uyu munsi nibwo habaye imikino ya ¼ yo gushaka ikipe yerekeza mu kiciro cya mbere gusimbura Gicumbi Fc na Heroes zamanutse, aho...
Mu gihe kitarenze ukwezi ibibazo biri muri Rayon biraba byakemutse byose-Minisitiri Mimosa
Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yavuze ko ibibazo bivugwa muri Rayon Sports bimaze iminsi biri kwigwaho ndetse imyanzuro izatangarizwa abakunzi b’iyi...
Breaking:Bitunguranye ikipe ya Gasogi united yatandukanye n’umutoza Cassa adakinnye umukino n’umwe wa Shampiyona
Ikipe ya Gasogi United yatandukanye n’uwari umutoza mukuru wayo Cassa Mbungo. Bivugwa ko bapfuye kuba uyu mutoza atumvikanye n’ubuyobozi bw’iyi kipe, mu...
Ribara uwariraye; agahinda k’abanyamakuru bajyanye n’Amavubi muri Cameroun
Birashoboka ko waryohewe n’amakuru y’Amavubi yakugeragaho avuye muri Cameroun, ariko burya ngo ibyaberaga mu Burengerazuba bwa Afurika byari bitandukanye. Abanyamakuru baherekeje Ikipe...
Frank Lampard yirukanywe na Chelsea
Kuri uyu wa Mbere, umutoza mukuru wa Chelsea, Frank Lampard, yirukanywe kuri uyu mwanya kubera umusaruro mubi, ashobora gusimbuzwa Umudage Thomas Tuchel.
IMIKINO
Intambara y’amagambo hagati y’abanyamakuru ba Radio 10 na Radio 1
bikomeje kuranga intambara y’amagambo ikomeje kuranga abanyamakuru ba Radio 10 na Radio 1, intandaro ikaba intego y’amafaranga yashyiriweho ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ iri...
Perezida w’u Bufaransa Macron yishongoye nyuma yaho PSG&Lyon zigeze muri 1/2 cya Champions League
Nyuma yaho Paris Saint Germain na Olympique Lyonnais zigereye muri 1/2 cy'amarushanwa y'ikipe zabaye iza mbere iwazo mu burayi,UEFA Champions League...
Hateganijwe Ibihano ku bazirengagiza Guma mu Rugo bitwaje gufana Amavubi
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali uri muri gahunda ya Guma mu Rugo, bwasabye abawutuye kuzubahiriza amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira ry’ubwandu bwa COVID-19 ubwo...
Lionel Messi yaguze matela y’akataraboneka yica Coronavirus mu masaha 4
Rutahizamu Lionel Messi wa FC Barcelona yaguze matela y’akataraboneka ifite agaciro k’ibihumbi 900 FRW yica Coronavirus mu masaha 4 gusa uyiryamyeho.
Abanyabigwi barangajwe imbere na Jimmy GATETE,bigeze gukinira Amavubi bahaye umukoro Minisports na FERWAFA
Abigeze gukinira Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ mu myaka yashize, banditse ibaruwa ifunguye y’amapaji atatu bashimira Perezida Kagame uruhare rwe mu guteza imbere siporo,...
IYOBOKAMANA
Umugabo w’imyaka 64 amaze imyaka 4 asambanya abana be bane, akiregura...
Muri Nigeria mu mugi wa Lagos Umusaza ukuze w'imyaka 64 amaze imyaka ine asambanya abana be bane.
Papa Francis yagabanyije imishahara y’aba-cardinal kubera Covid-19
Papa Francis yagabanyije imishahara y’aba-cardinal n’abandi bihayimana kubera ihungabana ry’ubukungu Vatican yahuye naryo ryatewe n’ingaruka z’icyorezo cya Covid-19, kugira ngo hatagira abakozi...
Gitwaza mu gahinda kenshi ko gupfusha nyina
Umuyobozi w’Itorero Zion Temple ku Isi, Apôtre Dr Paul Gitwaza, yapfushije nyina wari umaze igihe arwariye muri Kenya.
Inkuru...
Umubikira yirekuye abyinira ku karubanda indirimbo ya Timaya benshi bacika ururondogoro
Abantu benshi bacitse ururondogoro kubera amashusho yagiye hanze y’umubikira wagaragaye ari kubyinira indirimbo ya Timaya yitwa I Concur mu kirori yari yatumiwemo...
Agakiza: Apotre Mignone uri mu bavugabutumwa bakunzwe muri Kigali yakijijwe avuye...
Birashoboka cyane ko byaba atari ubwa mbere wumvise izina Apotre Mignone Kabera bitewe n’ibigwi by’uyu muvugabutumwa wahinduye ubuzima bw’abagore n’abakobwa batari bake.