Trending Now
AMAKURU MASHYA
Utuntu n'utundi
Reba amafoto atangaje y’umugabo waciye agahigo ko gutwita akibaruka imfura y’umukobwa.
Thomas Beatie yakoze amateka atarigezwe ku isi, ubwo yibarukaga umwana w'umukobwa yitwitiye we ubwe kugiti cye ndetse bimuhesha kwegukana igihembo cya World...
UBUZIMA
Akamaro amata avanze n’ubuki bifitiye umubiri wacu
Amata n’ubuki, buri cyose ukwacyo gifite akamaro kanini ku buzima bwacu. Kubifata bivanze byongerera ibyiza byinshi umubiri wacu kuko bifasha byinshi byiza...
INKURU ZIKUNZWE
Umushahara w’abasirikare wazamuweho 75% n’uw’abarimu uzamurwa 20%
Dr Frank Habineza, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba na Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party,...
Bwa mbere ku isi urukingo rwa Coronavirusi rwatangiye gutangwa haherwa ku barimu n’abaganga
Perezida w'u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko urukingo rwa Covid-19 rwakozwe n'igihugu cye rwatangiye gutangwa Kandi ko umwe mu bakobwa be yaruhawe.
UN yasabye ibihugu by’Afurika byose gufungura amashuri
Ibi byatangajwe n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS) ndetse n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana (UNICEF) aho bavugaga ko gufunga amashuri...
Ibisabwa kugira ngo umuturage yemererwe guhinga urumogi ruzakoreshwa mu buvuzi
Inama y’Abaminisitiri ku wa Mbere tariki 12 Ukwakira 2020, yemeje amabwiriza yerekeye ihingwa, itunganywa n’iyohereza mu mahanga ry’ibimera byifashishwa mu buvuzi, birimo...
MINEDUC yijeje abarimu ko igiye kubashyiriraho isoko ryihariye rizaba rihendutse
Minisiteri y’Uburezi n’Ikigo gishinzwe Uburezi (REB) byagaragaje ko hari ibyifuzo bitandukanye abarimu bagiye batanga ngo imibereho yabo igende neza, bikiri kwigwaho birimo...
IMIKINO
Umukinnyi w’umwirabura yarasiwe mu Bufaransa arapfa
Umunya-Cote d’Ivoire, Christopher Aurier murumuna wa Serges Aurier ukinira ikipe ya Tottenham mu Bwongereza yarasiwe ku muhanda mu Bufaransa ahita apfa.
KNC yareze muri RIB abakoze bakanakwirakwiza amafoto agaragaza ubwambure bwe
Umuyobozi Mukuru w’Ikipe ya Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles wamamaye nka KNC yitabaje inzego zibishinzwe ngo zikurikirane umuntu wangije isura ye agakwirakwiza...
Hatangajwe Impinduka zidasanzwe kuri Premier League iraza gusubukurwa uyu munsi kuwa gatatu.
Premier League Imwe muri shampiyona ikunzwe cyane yo mu bwongereza iraza gusubukurwa uyu munsi kuwa Gatatu tariki ya 17 Kamena 2020, gusa...
Rayon yasinyishije umukinnyi wavuye muri APR
Mu cyumweru gishize ni bwo komite ya Rayon Sports yari iyobowe na Munyakazi Sadate yakuweho, isimburwa n’inzibacyuho iyobowe na Murenzi Abdallah, aho yahise atangaza...
Ribara uwariraye; agahinda k’abanyamakuru bajyanye n’Amavubi muri Cameroun
Birashoboka ko waryohewe n’amakuru y’Amavubi yakugeragaho avuye muri Cameroun, ariko burya ngo ibyaberaga mu Burengerazuba bwa Afurika byari bitandukanye. Abanyamakuru baherekeje Ikipe...
IMIKINO
Bidasubirwaho Gicumbi FC na Heroes zamanuwe mu cyiciro cya 2
Inama y’Inteko Rusange ya FERWAFA yateranye kuri uyu wa Gatandatu kuri Dove Hotel ku Gisozi, yemeje ko amakipe ya Gicumbi FC na...
Paul Pogba ukinira Manchester United yanduye Coronavirus
Umukinnyi mpuzamahanga w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa agakinira na Manchester United yo mu Bwongereza ,kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Kanama 2020 yapimwe...
FERWAFA yafatiye Rayon Sports ibihano bikarishye
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafatiye ibihano amakipe arimo Rayon Sports, Bugesera FC na AS Muhanga nyuma yo kurenga ku mabwiriza...
Rayon Sports yasinyishije rutahizamu ukomeye w’umurundi
Rayon Sports yamaze gusinyisha rutahizamu w’umurundi wakiniraga ikipe ya Olympic Star, Nihoreho Arsène amasezerano y’imyaka 2.
Ku gicamunsi cyo...
Umuhanzi ukomeye yasabye Sugira Ernest kumutera inda nyuma yuko akoze amateka akomeye
Intsinzi u Rwanda rwaraye rubonye yo kujya muri ¼ mu mikino ya CHAN, ku gitego cyatsinzwe na Sugira...
IYOBOKAMANA
Gitwaza mu gahinda kenshi ko gupfusha nyina
Umuyobozi w’Itorero Zion Temple ku Isi, Apôtre Dr Paul Gitwaza, yapfushije nyina wari umaze igihe arwariye muri Kenya.
Inkuru...
Umubikira yirekuye abyinira ku karubanda indirimbo ya Timaya benshi bacika ururondogoro
Abantu benshi bacitse ururondogoro kubera amashusho yagiye hanze y’umubikira wagaragaye ari kubyinira indirimbo ya Timaya yitwa I Concur mu kirori yari yatumiwemo...
Agakiza: Apotre Mignone uri mu bavugabutumwa bakunzwe muri Kigali yakijijwe avuye...
Birashoboka cyane ko byaba atari ubwa mbere wumvise izina Apotre Mignone Kabera bitewe n’ibigwi by’uyu muvugabutumwa wahinduye ubuzima bw’abagore n’abakobwa batari bake.
Padiri Ubald yasize avuze aho azashyingurwa.
Umwepisikopi wa Diyosezi ya Gikongoro, Mgr Hakizimana Célestin wa Gikongoro akaba n’Umuyobozi wa Diyosezi ya Cyangugu, avuga ko Padiri Ubald Rugirangoga mbere...
ADEPR yashenye urwego rw’itorero rw’akarere, ishyiraho indembo nshya
Umuyobozi bw’Itorero rya ADEPR mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, bwashenye Inzego z’itorero ry’akarere n’indembo zari zisanzweho, bushyiraho indembo nshyashya.