Trending Now
AMAKURU MASHYA
Utuntu n'utundi
Umugabo yashyize ubuzima bwe mu kaga yiroha mu mugezi kurwana...
Umugabo witwa Richard Wilbanks w’imyka 74 yaciye ibintu hirya no hino kubera ukuntu yashyize ubuzima bwe mu kaga yiroha mu mugezi kurwana...
UBUZIMA
Ubushakashatsi bwagaragaje ko ‘air conditioners’ zongera ubwandu bwa Covid-19 ku kigero...
Mu gihe cy'impeshyi cyane cyane usanga abantu bibanda ku gucana air conditioner c zasobanurwa mu kinyarwanda nk'ibikoresho bizana amafu cyangwa akayaga mu...
INKURU ZIKUNZWE
Madagascar: Havumbuwe umuti n’urukingo bya covid-19. Byatumye abanyeshuri basubira ku ishuri
Minisiteri y'ubuzima mu gihugu cya Magadascar yatangaje ko yavumbuye umuti n'urukingo bya Covi-19. Ibi byatumye basubiza abanyeshuri ku ishuri igitaraganya
Umushahara w’abasirikare wazamuweho 75% n’uw’abarimu uzamurwa 20%
Dr Frank Habineza, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba na Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party,...
Bwa mbere ku isi urukingo rwa Coronavirusi rwatangiye gutangwa haherwa ku barimu n’abaganga
Perezida w'u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko urukingo rwa Covid-19 rwakozwe n'igihugu cye rwatangiye gutangwa Kandi ko umwe mu bakobwa be yaruhawe.
UN yasabye ibihugu by’Afurika byose gufungura amashuri
Ibi byatangajwe n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS) ndetse n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana (UNICEF) aho bavugaga ko gufunga amashuri...
Afurika y’epfo ingurube yabwaguye ikibwana gisa n’umuntu cyane.
Inyamaswa yorowe n'umubare mu nini ku Isi ikaba inakunzwe cyane ku bantu bakunda akaboga dore ko banakunze kuyiha akabyiniriro kitwa akabenzi, yabwaguye...
IMIKINO
Uwari rutahizamu ukomeye cyane muri Togo yishwe na Malaria.
Umwe muri ba rutayizamu bakomeye cyane muri shampiyona y’ikiciro cya mbere muri Togo yishwe n’indwara ya Malaria, akaba yari afite imyaka 25.
Agahinda ku bafana ba Barcelona nyuma yibyo umubyeyi wa Lionel Messi yakoze byatumye benshi...
Se wa Lionel Messi biravugwa ko ari gushaka inzu yo guturamo mu mujyi wa Milan mu rwego rwo gufasha umuhungu we kwerekeza...
Kiyovu sports yamaze kwibikaho bisi y’akataraboneka yo gutwara abakinnyi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Nyakanga 2020,hagiye hanze amafoto ya bisi y’akataraboneka bivugwa ko ikipe ya Kiyovu...
Atletico Madrid irasaba guhabwa igikombe cya Champions League
Atletico Madrid irifuza guhabwa Champions League.
Imikino hafi ya yose yakinwaga ku mugabane w’I Burayi yarahagaritswe kubera icyorezo cya...
Rwatubyaye Abdul yashyizwe mu kato
Myugariro w’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Rwatubyaye Abdul, yashyizwe mu kato k’iminsi 12 nyuma yo gusanga umwe mu bakinnyi bakinana yaranduye Covid-19.
IMIKINO
Neymar jr yongeye kugira ikibazo kimvune akaba yamaze gukurwa kurotonde rw’abakinnyi bazakina ejo ubwo...
Ubwo Paris Saint Germain yakinaga n’ikipe ya Montpellier muri shampiyona y’ubufaransa aho PSG yaje kwitwara neza ikanyagira iyi kipe ibitego 5-0 byatsinzwe na Dimaria,...
Uwahoze ari Minisitri wa Siporo mu Rwanda bwana Ambassador Joseph Habineza yiyemeje kugira inama...
Ambasaderi Joseph Habineza wahoze ari Minisitiri w’Umuco na Siporo ndetse akaba yarigeze no kuba Ambasaderi w’u Rwanda muri Nigeria,yavuze ko Siporo yo...
Didier Drogba Yatengushywe bikomeye na bagenzi be
Rutahizamu Didier Drogba wari ufite inzozi zo kuyobora ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cote d’Ivoire, zayoyotse nyuma yo kubura umwishingizi mu matsinda atanu...
Nje kuyobora ba rutahizamu bo mu Rwanda-‘Intare y’akanwa’ Museremu yasinyiye Gasogi
Mu magambo ye, Iddy Museremu yagize ati "Niteguye gukorera Gasogi United nk’uko nakoreye ikipe yanjye Messager Ngozi . Nzakuba kabiri cyangwa gatatu ibyo nakoze...
PSG ya Neymar inyagiye Waasland-Beveren ya Djihad Bizimana ku buryo bukomeye cyane.
Paris Saint-Germain yanyagiye Waasland-Beveren ikinamo Umunyarwanda Djihad Bizimana ibitego 7-0 mu mukino wa gicuti wabereye i Paris kuri uyu wa Gatanu.
IYOBOKAMANA
Agakiza: Apotre Mignone uri mu bavugabutumwa bakunzwe muri Kigali yakijijwe avuye...
Birashoboka cyane ko byaba atari ubwa mbere wumvise izina Apotre Mignone Kabera bitewe n’ibigwi by’uyu muvugabutumwa wahinduye ubuzima bw’abagore n’abakobwa batari bake.
Padiri Ubald yasize avuze aho azashyingurwa.
Umwepisikopi wa Diyosezi ya Gikongoro, Mgr Hakizimana Célestin wa Gikongoro akaba n’Umuyobozi wa Diyosezi ya Cyangugu, avuga ko Padiri Ubald Rugirangoga mbere...
ADEPR yashenye urwego rw’itorero rw’akarere, ishyiraho indembo nshya
Umuyobozi bw’Itorero rya ADEPR mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, bwashenye Inzego z’itorero ry’akarere n’indembo zari zisanzweho, bushyiraho indembo nshyashya.
Hatangajwe umubare w’abazitabira misa izasomwa na Cardinal Kambanda muri Kigali Arena.
Ibyishimo byasaze imitima y’Abanyarwanda umunsi Kambanda Antoine yabaga Cardinal wa mbere mu mateka ya Kiliziya Gatolika mu Rwanda birakomeza kuri iki Cyumweru...
Umugore yiyahuye bitewe n’umwenda w’ibihumbi 20 abereyemo itorero asengeramo.
Umugore witwa Ruth Akinyi wo mu gihugu cya Kenya yasanzwe mu mugozi ku munsi w’ejo yiyahuye kubera umwenda yari abereyemo itorero asengeramo.