Trending Now
AMAKURU MASHYA
Utuntu n'utundi
Waruziko umwamikazi Elisabeth II agira isabukuru z’amavuko 2 mu mwaka? Menya...
Abantu benshi yaba ari abakuru n’abana usanga bifuza bagira bati: “iyaba umuntu yagiraga isabukuru y’amavuko byibuze kabiri mu mwaka,ibi babivuga bahereye ku...
UBUZIMA
Dore ibimenyetso 11 byakwereka ko umutima wawe udakora neza.
Umutima ni inyama yo mu gatuza ishinzwe gusunika amaraso uyohereza mu bice binyuranye by’umubiri no kwakira avuye mu bice binyuranye by’umubiri agatunganywa.Muri...
INKURU ZIKUNZWE
Madagascar: Havumbuwe umuti n’urukingo bya covid-19. Byatumye abanyeshuri basubira ku ishuri
Minisiteri y'ubuzima mu gihugu cya Magadascar yatangaje ko yavumbuye umuti n'urukingo bya Covi-19. Ibi byatumye basubiza abanyeshuri ku ishuri igitaraganya
Umushahara w’abasirikare wazamuweho 75% n’uw’abarimu uzamurwa 20%
Dr Frank Habineza, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba na Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party,...
Bwa mbere ku isi urukingo rwa Coronavirusi rwatangiye gutangwa haherwa ku barimu n’abaganga
Perezida w'u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko urukingo rwa Covid-19 rwakozwe n'igihugu cye rwatangiye gutangwa Kandi ko umwe mu bakobwa be yaruhawe.
UN yasabye ibihugu by’Afurika byose gufungura amashuri
Ibi byatangajwe n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS) ndetse n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana (UNICEF) aho bavugaga ko gufunga amashuri...
Afurika y’epfo ingurube yabwaguye ikibwana gisa n’umuntu cyane.
Inyamaswa yorowe n'umubare mu nini ku Isi ikaba inakunzwe cyane ku bantu bakunda akaboga dore ko banakunze kuyiha akabyiniriro kitwa akabenzi, yabwaguye...
IMIKINO
Mu gihe kitarenze ukwezi ibibazo biri muri Rayon biraba byakemutse byose-Minisitiri Mimosa
Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yavuze ko ibibazo bivugwa muri Rayon Sports bimaze iminsi biri kwigwaho ndetse imyanzuro izatangarizwa abakunzi b’iyi...
”Mwihangane igihe nikigera tuzishima”,Jurgen Klopp
Umuyobozi w’umujyi wa Liverpool Joe Anderson yatangaje koi bi bikorwa biri gushyira mu kaga abafana b’iyi kipe, bataretse nabandi baturage batuye muri...
Dore uko Shampiyona y’Abongereza, Premier League yarangiye byifashe
Shampiyona y’Ubwongereza ya Premier League ya 2019-2020 yasojwe kuri iki cyumweru tariki ya 26 Nyakanga 2020,amakipe ya Chelsea na Manchester United yari...
Dore abakinnyi 11 n’umutoza b’ibihe byose mu mateka ya Rayon sports
Ikipe ya Rayon Sports itazirwa akazina ka Gikundiro n’abakunzi bayo imaze imyaga isaga 50 kuko yashinzwe mu mwaka wa 1968 yagiye irangwa no kugira...
Ronaldo,Messi ,Zlatan:Abakinnyi 20 b’ibikomerezwa habuzeho gato ngo bakinire Arsenal
Ikipe ya Arsenal yagize abakinnyi b’ibitangaza kuva yashingwa ;uhereye kuri Thierry Henry,Bergkamp, Vierra n’abandi bagiye bayifasha gutwara ibikombe bitagira ingano ifite.Nyamara yakabaye...
IMIKINO
CAS ikuyeho ibihano byari byafatiwe Manchester City byo kudakina Champions League.
Urukiko rushinzwe gukemura impaka za Siporo CAS/TAS, rwarangije gufata umwanzuro ko ikipe ya Manchester City yo mu Bwongereza izakina Champions League mu...
Rayon Sports igiye kujuririra ikemezo cyo kuba itazakina CAF Confederation Cup
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko bushobora kujurira icyemezo cya Komite Nyobozi ya FERWAFA yemeje ko AS Kigali ariyo izahagarira u Rwanda...
Umukunzi wa Cristiano Ronaldo,Georgina Rodriguez akomeje gushimangira ko yitozanyije bihagije n’uyu mukinnyi kizigena babana
Umukunzi wa Cristiano Ronaldo,Georgina Rodriguez akomeje gushimangira ko yitozanyije bihagije n’uyu mukinnyi kizigena babana kuko yashyize hanze amashusho agaragaza ko arambutse cyane...
Rayon sports yasezereye rutahizamu Micheal Sarpong.
Nyuma y'amagambo Micheal yavuze ku muyobozi w'ikipe ya Rayon sports Munyakazi Sadate ko adafite ubushobozi bwo kuyobora iyi kipe, ubu yafatiwe...
Igaba Ishimwe wa Arsenal yanze ubutumire bwo kuza gukinira Amavubi
Lewis George Igaba-Ishimwe, umunyarwanda ukinira Arsenal y’abatarengeje imyaka 23 wifuzwaga n’u Rwanda ngo abe yakinira Amavubi, amakuru avuga ko yanze ubutumire bw’ikipe...
IYOBOKAMANA
Agakiza: Apotre Mignone uri mu bavugabutumwa bakunzwe muri Kigali yakijijwe avuye...
Birashoboka cyane ko byaba atari ubwa mbere wumvise izina Apotre Mignone Kabera bitewe n’ibigwi by’uyu muvugabutumwa wahinduye ubuzima bw’abagore n’abakobwa batari bake.
Padiri Ubald yasize avuze aho azashyingurwa.
Umwepisikopi wa Diyosezi ya Gikongoro, Mgr Hakizimana Célestin wa Gikongoro akaba n’Umuyobozi wa Diyosezi ya Cyangugu, avuga ko Padiri Ubald Rugirangoga mbere...
ADEPR yashenye urwego rw’itorero rw’akarere, ishyiraho indembo nshya
Umuyobozi bw’Itorero rya ADEPR mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, bwashenye Inzego z’itorero ry’akarere n’indembo zari zisanzweho, bushyiraho indembo nshyashya.
Hatangajwe umubare w’abazitabira misa izasomwa na Cardinal Kambanda muri Kigali Arena.
Ibyishimo byasaze imitima y’Abanyarwanda umunsi Kambanda Antoine yabaga Cardinal wa mbere mu mateka ya Kiliziya Gatolika mu Rwanda birakomeza kuri iki Cyumweru...
Umugore yiyahuye bitewe n’umwenda w’ibihumbi 20 abereyemo itorero asengeramo.
Umugore witwa Ruth Akinyi wo mu gihugu cya Kenya yasanzwe mu mugozi ku munsi w’ejo yiyahuye kubera umwenda yari abereyemo itorero asengeramo.