Trending Now
AMAKURU MASHYA
Utuntu n'utundi
Umwana w’imyaka 17 arashinjwa kwinjira muri Twitter z’ibikomerezwa
Kuwa 15 Nyakanga 2020 konte za bamwe mu bavuga rikijyana ku Isi barimo ibyamamare, abanyapolitike ndetse n’abakire binjiriwe kuri konte zabo za...
UBUZIMA
Dr Daniel Ngamije yatangaje impamvu Nkombo yashyizwe mu kato.
Nkombo yabaye umurenge wa gatanu washyizwe mu kato mu karere ka Rusizi, ubwo mu karere ka Rusizi hakomeje kugargara ubwinshi bw'icyorezo cya...
INKURU ZIKUNZWE
Umushahara w’abasirikare wazamuweho 75% n’uw’abarimu uzamurwa 20%
Dr Frank Habineza, umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda akaba na Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Democratic Green Party,...
Bwa mbere ku isi urukingo rwa Coronavirusi rwatangiye gutangwa haherwa ku barimu n’abaganga
Perezida w'u Burusiya Vladimir Putin yatangaje ko urukingo rwa Covid-19 rwakozwe n'igihugu cye rwatangiye gutangwa Kandi ko umwe mu bakobwa be yaruhawe.
UN yasabye ibihugu by’Afurika byose gufungura amashuri
Ibi byatangajwe n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS) ndetse n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana (UNICEF) aho bavugaga ko gufunga amashuri...
Ibisabwa kugira ngo umuturage yemererwe guhinga urumogi ruzakoreshwa mu buvuzi
Inama y’Abaminisitiri ku wa Mbere tariki 12 Ukwakira 2020, yemeje amabwiriza yerekeye ihingwa, itunganywa n’iyohereza mu mahanga ry’ibimera byifashishwa mu buvuzi, birimo...
MINEDUC yijeje abarimu ko igiye kubashyiriraho isoko ryihariye rizaba rihendutse
Minisiteri y’Uburezi n’Ikigo gishinzwe Uburezi (REB) byagaragaje ko hari ibyifuzo bitandukanye abarimu bagiye batanga ngo imibereho yabo igende neza, bikiri kwigwaho birimo...
IMIKINO
Munyakazi Sadate yahaye ubutumwa bukomeye abamwigometseho mu kwizihiza umwaka amaze ayobora Rayon Sports
Umuyobozi wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate,yatanze ubutumwa burebure kuri uyu munsi yizihiza umwaka amaze atorewe kuyobora iyi kipe ifite abafana benshi mu Rwanda.
Uwahoze ari kapiteni wa Rayon Sports, Rutanga Eric, yavuze ko atigeze abanirwa neza n’umuyobozi...
Uwahoze ari kapiteni wa Rayon Sports, Rutanga Eric, yavuze ko atigeze abanirwa neza n’umuyobozi w’iyi kipe, Munyakazi Sadate wamusabye guhara miliyoni 9...
Zinedine Zidane ari mu mazi abira kubera ikosa rikomeye ashinjwa n’ubuyobozi
Abayobozi batandukanye ba Real Madrid barakariye cyane umutoza wabo Zinedine Zidane kubera ukuntu yarekuye James Rodriguez ariko akaba ari kwitwara neza mu...
Ronaldo,Messi ,Zlatan:Abakinnyi 20 b’ibikomerezwa habuzeho gato ngo bakinire Arsenal
Ikipe ya Arsenal yagize abakinnyi b’ibitangaza kuva yashingwa ;uhereye kuri Thierry Henry,Bergkamp, Vierra n’abandi bagiye bayifasha gutwara ibikombe bitagira ingano ifite.Nyamara yakabaye...
Dore uko Shampiyona y’Abongereza, Premier League yarangiye byifashe
Shampiyona y’Ubwongereza ya Premier League ya 2019-2020 yasojwe kuri iki cyumweru tariki ya 26 Nyakanga 2020,amakipe ya Chelsea na Manchester United yari...
IMIKINO
Rayon Sports yongeye gukura muri Gasogi undi mukinnyi
Nyuma y’aho mu minsi ishize ikipe ya Rayon Sports isinyishirije umunyezamu Kwizera Olivier ndetse n’umutoza Guy Bukasa bose bahoze mu ikipe ya...
Frank Lampard yirukanywe na Chelsea
Kuri uyu wa Mbere, umutoza mukuru wa Chelsea, Frank Lampard, yirukanywe kuri uyu mwanya kubera umusaruro mubi, ashobora gusimbuzwa Umudage Thomas Tuchel.
Lionel Messi yanikiye Cristiano Ronaldo ku urutonde rw’abakinnyi binjije agatubutse kurusha abandi ku isi
Rutahizamu Lionel Messi wa Barcelona ni we mukinnyi w’umupira w’amaguru winjiza amafaranga menshi kurusha abandi ku isi muri uyu mwaka wa 2020,...
APR yatandukanye n’umutoza wayo
Uwari umutoza wa APR wungirije agiye gutandukana nayo.
Nabyl Bekroui ukunzwe...
Perezida Kagame yageneye ubutumwa bukomeye Arsenal nyuma Yuko imunejeje
Perezida Kagame utajya ahisha ko akunda umupira w’amaguru by’umwihariko ikipe ya Arsenal, abinyujije kuri Twitter ye yashimiye iyi kipe kuba yatwaye iki...
IYOBOKAMANA
Gitwaza mu gahinda kenshi ko gupfusha nyina
Umuyobozi w’Itorero Zion Temple ku Isi, Apôtre Dr Paul Gitwaza, yapfushije nyina wari umaze igihe arwariye muri Kenya.
Inkuru...
Umubikira yirekuye abyinira ku karubanda indirimbo ya Timaya benshi bacika ururondogoro
Abantu benshi bacitse ururondogoro kubera amashusho yagiye hanze y’umubikira wagaragaye ari kubyinira indirimbo ya Timaya yitwa I Concur mu kirori yari yatumiwemo...
Agakiza: Apotre Mignone uri mu bavugabutumwa bakunzwe muri Kigali yakijijwe avuye...
Birashoboka cyane ko byaba atari ubwa mbere wumvise izina Apotre Mignone Kabera bitewe n’ibigwi by’uyu muvugabutumwa wahinduye ubuzima bw’abagore n’abakobwa batari bake.
Padiri Ubald yasize avuze aho azashyingurwa.
Umwepisikopi wa Diyosezi ya Gikongoro, Mgr Hakizimana Célestin wa Gikongoro akaba n’Umuyobozi wa Diyosezi ya Cyangugu, avuga ko Padiri Ubald Rugirangoga mbere...
ADEPR yashenye urwego rw’itorero rw’akarere, ishyiraho indembo nshya
Umuyobozi bw’Itorero rya ADEPR mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, bwashenye Inzego z’itorero ry’akarere n’indembo zari zisanzweho, bushyiraho indembo nshyashya.